ABAKOBWA MWITONDERE ABADIASPORA😥NAKUNDANYE N'UMUGABO NTUNGURWA NA BABY SHOWER Y'UMUGORE WE|FOFO

97,973
0
Published 2024-07-18

All Comments (21)
  • @MsDenaiz
    Sabin ati hari umugabo wishimira koza ibyombo? None se abagore bo ugirango hari ibyishimo bakuramo? Byose ni inshingano z'urugo mugomba kumvikana uko muzikora. Mu Rwanda nuko haba hari umuntu murugo ubafasha. Ntago mwese mwaba mwiriwe mukazi ngo hama nimutaha umwe yicare arebe TV undi ateke, yoze ibyombo, amenye abana, akorope, amese/atere ipasi... ababishobora chapeau.
  • @Rubuka264
    Sabin na fofo. Mu Rwanda na Africa yose tubayeho kubw'imiryango tuvukamo. Niyo mpamvu benshi bemera kubaho mu buzima bubi kugira ba support their family members zasigaye muri Africa. Ikibazo n'abiyemera ko bakize kandi babayeho muri struggle. Ikindi, ubuzima bw'iburayi burahenze. Ibyo fofo avuga ngo ntufona umukunzi ngo umubure. Uramubura kabisa. Si buri musi ariko bibaho. Mwoye guca intege abantu bikundanira no kubankanisha
  • @fn2921
    I don't care what anyone says! Kuba muri Europe, muri America canke Canada is not all about living in beautiful houses or walking on beautiful roads. It's all about living in countries that have good SYSTEMS. Ibindi byose depend on how you have set up your life. Abantu benshi birabagora kubera ko batamenyereye gu planinga ubuzima kubera ko muri kamere tutabitojwe. I'm grateful to be living here because I have learned so much and I love the person I have become. I always remember what our president said: Tuzahahe ibyiza, ibibi tuzabibarekere😅. What a man!!! I mean our president👍🏻 So Sabin ubutaha uzabaze uti how is THE SYSTEM works for people living in these countries? Then, uzamenya why people are still taking huge risks just to come here. That's all I have to say. And for anyone who gets the opportunity to come to live in these countries GOOD LUCK❤
  • Saben buriya koza amasagani sikibazo kuko uba wayaririyeho kandi umugore ashonora kuba ananiwe kandi wowe wenda utakoze , numva rero ntacyo gufatanya , ahubwo mudafatanyije numva byaba aricyo kibazo , kandi kwambika pampa umwana wawe ntakibazo kirimo kuko yitayeho umwanda nyina adahari wabikora rwose ibyo sikibazo . Kandi ashobora kubahari ariko ananiwe cyane .rero ibyo mubivuga kuko mutazi ubuzima bwahano .
  • Uyu mudamu ndamukunda pe, ariko ndumva namukosora kubyo avuze kuburyo abantu baba busy, umaze igihe gito uzabibona, ndumva hari twinshi nakosora ariko kanguhe umwanya wokubibona
  • aba jo❤ mukunda Sabin munkandire kwifoto mbashe kwivana mubudhomeri wowe ubikoze IMANA ikugwirize amafaranga❤❤❤❤
  • @k.judith5584
    Nugaruka tuzasurane nuye Asse uri umugore wu muhanga setu❤❤
  • @themixtvRw
    😂😂😂😂😂 umunyarwanda wahiriwe nurugendo bagenzi bange 😂😂😂😂😂 ahahaaaa nice to you Dada. Subuhanga cg amagambo meza kurenza abo byanze ahubwo ni Ineza y'Imana sha 🤣
  • Sabin ndagusuhuje nakubwira ati komerezaho courage cyane. Nugaruka muri Brussels bikunze tugahura ngasangiza abanyarwanda kugirirwa neza kw’Imana. Mfite imyaka 24 ariko ubuzima bwange mbona bwabera isoko yibyiringiro kuri benshi. Nabaye mu Rwanda, Uganda, Kenya, Burundi, Mozambique, Swaziland, Cyprus, Romania, France na Belgium. Kubera impamvu nyinshi ariko bikubiye mukuba impunzi or asylum seeker kandi nyamara ntacyo mpunga ahubwo ari ugushaka ubuzima. Murakoze!
  • @k.judith5584
    Umugore uzi ubwenge,abantu tugire urukundo ,ukuri,kwizerana ibindi ibyo bavuga ngo umugabo ufite frs ntacyo bivuze icya mbere nugushyira hamwe
  • buriya rero iyo uTAri mu Rwanda niho umenya neza u Rwanda urwarirwo, Mana wee i miss my Home nukuri
  • Yemwe, amahanga tuyabamo kandi nimeza kuko umuntu abona amafaranga. Abantu bazababwira ko atari meza ariko bakayagumamo. Hanze wakora akazi koroheje ukabona 1.5M rwf no kurenza cyane , Rwanda se manager wa bank akorera angahe? Ntibakabashuke. Ikibazo gikomeye hanze abantu baba bigunze kandi, ntitubona umwanya wokunezerwa mumafaranga....niyompamvu umuntu afata vacance akaza Rwanda. Bajye babashuka mwemere. Umuntu utaterwa ikibazo nokuba africa, nuwuva mumuryango ukomeye uzamufasha kubona akazi kintica ntikize agakorera amafaranga azatuma yigira. Ubuse ko the Ben yagiye America akazana amadolali ntiyarongoye Pamera? Iyo atajyayo ngo arebeko Pamela amwemera....aleweeee
  • Ma chérie ..quand il y aura des enfants 😊😊😊 reviens nous parler☺️☺️ là tu sauras exactement les sacrifices zurugo❤...
  • Abakobwa bose bigira abanajuwa cyangwa ko barenze , abasore barabatinya bigatuma bagumirwa. Abageze mumahanga abasore babatinyirako batumva bigirako barenze.
  • I agree with U kbs; ingo zino nyinshi zizize gukunda €€€ cyane kuburyo couples zibaho zidahura, bahora biruka inyuma y'amafranga bikarangira byose bibaye impfabusa... n'abana usanga baratereye iyo basa nkaho birera...
  • Ariko it is a matter of adjusting na environment kuko iyo wambutse inyanja ntibigukuraho kuba umugabo ariko hanze abantu barafashanya unless umugore adakora, naho mwese mukora mutaha murushye umwe yakoze ibyombo undi atetse cg umugore agateka, anoza ibyombo, umugabo akoza abana kuko mwese muba mwagiye mukazi. Nti abigereranya nomuri africa kuko umugore arakora ariko atashye asanga abakozi batetse, hari numukozi ureberera abana rero hanze biragoye kuba umugore yakora akanatunganya ibyo murugo wenyine.
  • Sabin mujye munaganira muganize abagabo si ngombwa ngo Abe Umu diaspora . Nabagabo bomurwanda basigaye bahemuka cyaneeee. Nakundanye numusore twari tumaranye imyaka itanu. yanyeretse umuryango we ,ampuza nincuti ze twapangaga kubana umwaka utaha gusa natunguwe no gusa naje gusanga arumugabo wabana babiri n'umugore wisezerano.ikirenze nuko nasanze umuryango yambwiye ko aruwe nasanze ntanicyo bapfana.iyisi iragoye